Mu gihe zimwe mu mpunzi z’aba kongomani zisubira mu gihugu cyazo ziva mu
karere ka Gisoro muri Uganda aho ubutegetsi bwazisabye kujya mu nkambi
cyanga gutaha, hari izikirimo guhunga.

Mu gihe zimwe mu mpunzi z’aba kongomani zisubira mu gihugu cyazo ziva mu
karere ka Gisoro muri Uganda aho ubutegetsi bwazisabye kujya mu nkambi
cyanga gutaha, hari izikirimo guhunga.

Amakuru aravuga ko zirimo kubisikana zimwe zihunga izindi zihunguka zisubira mu bice byo Muri Congo aho zari zaravuye kubera imirwano n’inyeshyamba.

Aho ni ku mupaka muto wa Busanza ahitwa Kitagoma wari usanzwe utambukiraho n’abantu benshi.

Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika muri Uganda yageze kuri uwo mupaka kureba uko byifashe.

Abaturage bamubwiye ko bahisemo gutaha nubwo babizi neza ko mu gihugu cyabo nta mahoro ahari.kuba abana babo barimo kurwara kandi nta butabazi bafite, bahisemo kubacyura ngo byose n’urupfu.

kurundi ruhande ariko,abari guhungira muri Uganda ngo bari kwibaza impamvu bagenzi babo barimo gusubira mu muriro bawureba. bavuga ko intambara ubu aribwo zikomeye ,kuburyo bahisemo kujya Uganda aho bizeye umutekano kurusha iwabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *