Mugihe tubura amasaha makeya ngo dutangire umwaka mushya w`amashuli, igihembwe cyawo cya mbere;ndetse inzego zinyuranye zirimo abanyeshuli ubwabo;ababyeyi;ibigo by`amashuli n`izindi nzego zikaba zikomeje gushyira akadomo kumyiteguro; abayobozi batandukanye nabo bakomeje gutanga ubutumwa bunyuranye bwo gushishikariza buri ruhande kuzuza inshingano zarwo hagamijwe kuzagera kumusaruro ushimishe muri uyu mwaka w`amashuli dutangiye ndetse n`ejo hazaza h`abanyeshuli muri rusange.

Ubu nibumwe muri ubwo butumwa bwatanzwe n`abayobozi batandukanye bwanyujijwe kuri Tweeter ya REB:

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu 

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Uburezi

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe n`umuyobozi w`umujyi wa Kigali

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Musenyeri Filipo Rukamba Umwepisikopi wa Diyosezi Gatulika ya Butare

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *