Perezida Kagame yashimye Ingabo z’u Rwanda ku muhate zagaragaje mu 2023
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yifurije abari mu gisirikare umwaka mushya muhire wa 2024, abashimira ubwitange bagaragaje mu kazi kabo mu 2023. Umukuru w’Igihugu yavuze ko umwaka…